Tag Archive | "Rwanda Tourism"

Abaturiye Parike y’Akagera barasabwa kurushaho kuyibungabunga kuko bazajya basaranganywa ku musaruro uyikomokaho

Tags: , , , ,

Abaturiye Parike y’Akagera barasabwa kurushaho kuyibungabunga kuko bazajya basaranganywa ku musaruro uyikomokaho

Posted on 16 May 2013 by peter

Abaturiye Parike y’Akagera barasabwa kurushaho kuyibungabunga kuko bazajya basaranganywa ku musaruro uyikomokaho

Abaturage batuye mu nkengero za Parike y’Akagera barasabwa kurushaho kuyibungabunga kugira ngo itange umusaruro ufatika, kuko hari gahunda yo gusaranganya n’abaturiye Parike umusaruro w’ibikomoka ku bukerarugendo buyikorerwamo.

Ngoga Telesphore ushinzwe guhuza Parike z’igihugu n’abazituriye, akaba anashinzwe ishami ryo kubungabunga Parike z’igihugu mu kigo cy’igihugu cy’iterambere RDB, avuga ko mu gihe umusaruro w’ibikomoka ku bukerarugendo wiyongereye, n’uruhare ruhabwa abaturiye Parike ruzajya ruhita rwiyongera, ari na yo mpamvu basabwa kurushaho kuyibungabunga.

Ati “Muri gahunda dufite yo gusaranganya n’abaturiye Parike umusaruro ukomoka ku bukerarugendo, abasura Parike nibiyongera umusaruro wa parike uziyongera, rwa ruhare ruhabwa abaturage na rwo rwiyongere barusheho gutera imbere”

Yongeraho ko uko Parike isurwa n’abantu benshi bituma n’isoko ry’ubukerarugendo ryiyongera, n’abayituriye na bo bakaba bafite ibyo bashobora kugurisha ku nzira ya bamukerarugendo, cyane cyane abafite ibikorwa by’ubukorikori kuko baba bafite isoko ryoroheje.

N’ubwo ubuyobozi bwa Parike y’Akagera buvuga ko hari gahunda yo kujya busaranganya n’abaturage umusaruro w’ibikomoka ku bukerarugendo bukorerwa muri iyo Parike, haracyari n’imbogamizi y’abantu bahiga inyamaswa za Parike na barushimusi muri rusange nk’uko Ngoga akomeza abivuga.

Agira inama abaturage baturiye Parike yo kujya batungira agatoki ubuyobozi umuntu uwo ari we wese wangiza Parike kuko aba ahemukira abaturage benshi agamije inyungu ze bwite. Ibyo ngo byatuma Parike irushaho gutera imbere inyungu igirira igihugu muri rusange n’abayituriye ku buryo bw’umwihariko zikarushaho kwiyongera.

Abaturage batangiye gusobanukirwa n’akamaro ko kubungabunga Parike nk’uko bivugwa na Muhawenimana Firipo wo mu murenge wa Mwili mu karere ka Kayonza. Ibyo ngo abivuga ashingiye ku bufatanye bumaze iminsi bugaragara hagati y’abaturage n’inzego z’umutekano mu gukumira ba rushimusi bajya guhiga muri Parike y’Akagera.

Kuva mu kwezi kwa 01/2013 kugeza ubu, mu murenge wa Mwili hamaze gufatirwa ba  rushimusi bagera kuri 19 bagiye guhiga muri Parike y’Akagera ku buryo bunyuranye n’amategeko.

 

Share

Comments (0)

Historical Hotel Faucon to be renovated

Tags: , , , , , , , ,

Rwanda : Historical Hotel Faucon to be renovated

Posted on 31 January 2013 by peter

Historical Hotel Faucon to be renovated

The Huye district council has finally resolved on a decision to renovate a historical hotel (Hotel Faucon) and recommended that the process should ensure that historical artifacts, be preserved in the process.
Hotel Falcon is located in the former Butare province (now Huye district) – which was considered as the administrative region of the colonial rulers in Rwanda.
The District Mayor, Eugene Kayiranga Muzuka said on January 28th that the renovation and upgrading project on the hotel will be done in consultation with the Institute of National Museums and the current owners of the hotel. He also said that the project timeline will be discussed on a later stage.
The hotel contains a special room that used to be occupied by Rwanda’s King- Mutara III Rudahingwa and other historical artifacts including rooms that used to be occupied by the Belgian royal families.
The council meeting said that while it is necessary to revamp the hotel among other old fashioned building that are mostly seen in Huye district, the historical aspects and features of the hotel should be maintained.
Residents say that Faucon Hotel used to be the most prestigious and perfect spot for the high class citizens and local leaders (who were known as chefs) between the 50’s and 60’s.
Yohani Batista Sebukangaga, who is now in his early 70’s, says that this hotel is considered to be the symbol of the region and it was also a place where the King of Burundi (King Mwambutsa) used to be hosted while on his visit to Rwanda.
Faucon Hotel is believed to have been constructed in 1943, and it belonged to a Belgian called Faucon. The hotel was set ablaze and rehabilitated in 1962 and sold to local entrepreneurs.
 

Share

Comments (0)

Rubavu upbeat on tourism promotion

Tags: , , , , , ,

Rwanda : Rubavu upbeat on tourism promotion

Posted on 05 January 2013 by peter

Rubavu upbeat on tourism promotion

Residents of Rubavu district have been urged to play a major role in promoting tourism activities by welcoming tourists, maintain tourist attractions sites and avoiding the habit of begging visitors.

Jean Marie Vianney Ruhamanya, the district official in charge of cooperatives and tourism, says that the district has come up with a tourism promotion agenda for 2013 and there is need to have the contribution of residents in order to achieve it.

The Rwanda Development Board (RDB) has designated Rubavu district as one of the priority areas of tourism zones because of its vast tourist attractions. The district has over 30 sites which range from historical sites, natural forests, lakes and rivers, mountains among others.

Ruhamanya said that residents must maintain the general cleanliness of the designated sites, and give a warm welcome to tourists who visit the historical, and show a sign of self respect which will encourage more tourists to visit and thus more foreign earnings through the sector.

To the contrary, most residents living around these sites, in Rubavu district expressed ignorance of the value of tourist sites but were supportive of the district initiative.

Tourism is the largest foreign exchange earner in Rwanda’s economy. From January 2012, the sector brought in US$232million from US$204millions- making an increment of US$28million.

In his state of the nation address in 2012, President Paul Kagame also called Rwandans to promote the sector so as to give a good image of the country and encourage more tourists to visit the country as one of the most favorable tourist destinations in Africa.

Share

Comments (0)

American couple makes 75th Gorilla trek in Rwanda2

Tags: , , , , , , ,

American couple makes 75th Gorilla trek in Rwanda

Posted on 15 December 2012 by peter

American couple makes 75th Gorilla trek in Rwanda

For the first time American couple Joe Mc Donald and his wife Mary Ann Mc Donald stepped on Rwandan soil with intension to visit the famous Rwandan Mountain Gorillas. The trip left a lasting memory and enthusiasm that the set a target of visiting Rwanda for 75 more times.

After twelve years of visiting Rwanda, spending from the savings and bringing along some of the friends to witness the beauty of the country of a thousand hills, the couple finally met their goal this December 3, 2012, on their 75th trip to the Virunga mountain gorillas in Kinigi sector, Musanze district in the northern province of Rwanda.

The couple didn’t only meet their goal but also become the first group of foreign vistors to visit the gorillas more times, spend more money (estimated at $1million- Rwf640.000.000) and to a larger extent, they couple has always brought some friends along with them to have a similar experience.

Now in the late 60, Joe Mc Donald and his wife Mary Ann Mc Donald, residents of the state of Pennsylvania , still feel strong and energized for having met their goal in life and feel relatively connected to the people of Rwanda as the second home.

During their trips to Rwanda, the couple also has been collecting photos of Gorillas for their company- Mc Donald wildlife Photography. The couople says that they have chosen Rwanda among all African countries because they have always felt secure and welcomed at all times.

A research report codenamed “‘Global States of Mind’ released by Gallup on October 31, 2012, indicated that Rwanda ranked top of the list of African countries where citizens are least likely to feel safe according to a research report conducted and

Rwanda scored 92% followed by Georgia 91%, and Qatar 91%, while in Africa Niger was the second ranked country at 84 per cent.

American couple makes 75th Gorilla trek in Rwanda2

As a way of appreciating their contribution to Rwanda economy- of which tourism remains the largest foreign earner, the Rwandan community in Musanze district threw a bash party for the couple.  Mc Donald and his wife Mary Ann were dressed in Rwandan traditional attire and joined by the community to celebrate this achievement.

Though in the late years, the couple said that they would not stop visiting their Rwandan home, and they would like to meet a new target of visiting Rwanda at least 100 times before they get very older. The couple says that they are motivated by the fact that they get new ideas each time the visit Rwanda.

Joe Mc Donald, 60, says: I find Rwanda and the people to be very welcoming and very peaceful. Even when we visit other countries in the region, we find it hard not to visit Rwanda, because we consider this as our second home”

The testimony of the American couple has however left a lasting impression for Rwandans who deal in the tourism sector. One, Paul Muvunyi, a manager at Mountain View Lodge- where the couple likes to stay, says that: This is a lesson that all service providers to always give clients the best customer care. This is because most of the clients will always be attracted to visit the country if they get value for their money spent while here”

The Virunga National Park official, Prosper Uwingeri hailed the American couple for their unfailing love for Rwanda and noted that such thanksgiving ceremonies are organized to recognize the contribution of pertinent tourists who have played a significant role in the community around the park.

The ceremony was also attended by the Mayor of Musanze district, Winifrida Mpembyemungu who also reechoed the importance of the community in working hard to promote tourist activities in the country. She said that the example of Joe Mc Donald and his wife Mary Ann, was exemplary to the Rwandan community.

 

 

 

Share

Comments (0)

KARONGI Plage ya Nyakariba yatinze2

Tags: , , , ,

Rwanda | KARONGI : Plage ya Nyakariba yatinze kuzura ariko ishobora gutangira kwakira abantu ku bunani

Posted on 13 December 2012 by peter

 

KARONGI  Plage ya Nyakariba yatinze

Aho abantu bazajya bicira isari n’inyota bitegeye ikiyaga cya Kivu

Nyuma y’umwaka wose itegerejwe, plage mpimbano ya Nyakariba ngo ishobora gutangira kwakira abantu mu mpera za 2012.

Hashize umwaka ahitwa Nyakariba mu mujyi wa Kibuye batangiye kuhubaka aho abantu bazajya baruhukira bumva amahumbezi aturuka mu Kivu, bari no ku musenyi muhimbano (plage artificielle / artificial beach). Ariko hashize igihe kirenga umwaka imirimo yo kubaka yarahagaze.

Nk’uko byemezwa na NGARAMBE Vedaste, Rwiyemezamirimo urimo kubaka iyo plage, ngo yagiye ahura n’inzitizi nyinshi mu mirimo ye. Avuga ko usibye akazi ka mbere kari kagoranye cyane ko gukuraho urufunzo no kuhumisha mbere yo kuhamena amabuye n’umusenyi, ngo yanagize ikibazo cyo gutinda guhabwa ibyangombwa n’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ibidukikije (REMA).

Mu kiganiro twagiranye kuri Telefone, Mutabazi Vedaste yavuze ko aho hantu hasuwe na REMA na RDB  bakamwemerera ibyangombwa, nawe akaba arimo kwisuganya mu rwego rw’imari, ku buryo mu mpera z’uyu mwaka plage ya Nyakariba izatangira kwakira abantu. Ni byo asobanura agira ati: Ndabizeza ko ku bunani rwose muzatangira kuhafatira akantu.

Iyo ugeze ahubakwa plage ya Nyakariba mu murenge wa Bwishyura, koko usanga imirimo y’ibanze yararangiye. Inzu igenewe kwakira abaje kwica akanyota n’isari yamaze gusakarwa, umusenyi muhimbano nawo wamaze kumenyera, usibye ko ibyiyoni ari byo bihibera kubera ko hataratangira gukoreshwa.

KARONGI  Plage ya Nyakariba yatinze2

Umusenyi wamaze kumenyera, igisigaye n’ibyiyoni byimukira abantu

 

Ni umushinga Rwiyemeza mirimo yumvikanyeho n’akarere ka Karongi we akahashora imari, akarere nako kakazumvikana nawe ku micungire yaho amaze kuharangiza, nk’uko byemejwe n’umuyobozi w’akarere ka Karongi Kayumba Bernard agira ati: Akarere nta mafaranga gaha abikorera, twe tuzumvikana nawe kuri gestion yaho aharangije.

 

 

 

Share

Comments (0)

Tourists speak out on Gallup research findings

Tags: , , , , , , ,

Rwanda : Tourists speak out on Gallup research findings

Posted on 09 December 2012 by peter

Tourists speak out on Gallup research findings

Tourists in Rwanda also confirmed that their stay in Kigali city and the countryside is mainly marked with a sense of safety and feeling welcomed in the community despite the cultural differences.

“everywhere you go, you find there are security personnel and one of the biggest experiences of safety was one our truck had mechanical problems- the police and residents were there to help” one Mark O’Connell says, “even while walking on the streets of Kigali, I have never had a thought that someone would rob me, unlike in other cities in Africa.

A research report codenamed “‘Global States of Mind’ released by Gallup on October 31, 2012, indicated that Rwanda ranked top of the list of African countries where citizens are least likely to feel safe according to a research report conducted and

Rwanda scored 92percent followed by Georgia 91percent, and Qatar 91percent, while in Africa Niger was the second ranked country at 84 per cent

Responding to the outcomes of the Director General of Rwanda Governance Board, Prof. Anastase Shyaka, on December 4, 2012, expressed satisfaction that the governance approach the country has chosen to apply is working for its people, as reported in the influential Gallup’s World Poll of 2012

 

Prof. Shyaka said Rwanda would continue to build on the successes mentioned above in the effort to take good governance to even higher levels.

 

The research also highlighted issues of widespread corruption in government indicators, in which Rwanda ranked as the second, scoring 12percent, next to Singapore which scores 5percent, in terms of least widespread of corruption.

 

 

 

Share

Comments (0)

Ikiyaga cya Karago kimwe mu byiza nyaburanga by’akarere ka Nyabihu

Tags: , , , , ,

Rwanda : Ikiyaga cya Karago umwe mu mitako izanira ubwiza akarere ka Nyabihu

Posted on 07 December 2012 by peter

 

Ikiyaga cya Karago kimwe mu byiza nyaburanga by’akarere ka Nyabihu

Ikiyaga cya Karago kimwe mu byiza nyaburanga by’akarere ka Nyabihu

Uretse ikirunga cya Kalisimbi,imisozi myiza ya Gishwati n’inzuri,Ibere rya Bigogwe, n’ibindi byiza bitatse Nyabihu,Ikiyaga cya Karago ni kimwe mu byiza nyaburanga akarere ka Nyabihu gafite.

Iki kiyaga kikaba giherereye hagati y’umurenge wa Karago na Mukamira. Nk’uko Karambizi Benjamin ushinzwe ibidukikije mu karere ka Nyabihu yabidutangarije,ikiyaga cya Karago kiri ku buso bwa ha 100. Kikaba ubwacyo ari kimwe mu bidukikije bifite ubwiza nyaburanga butatse akarere ka Nyabihu.

Uretse kuba ari icumbi ry’urusobe bw’ibinyabuzima bikunda amazi ndetse n’ibiyabamo,gitera amahumbezi meza aho kiri,kandi kikaba na kimwe mu byiza bihatatse. Kuri icyo kiyaga haboneka bimwe mu binyabuzima nk’inyoni n’ibindi byakurura ba mucyerarugendo.

 

Kugeza ubu,bitewe n’isuri yakunze kucyangiza imanuka mu mugezi wa Nyamukongoro ukisukamo,akarere ka Nyabihu,ikigo cy’igihugu gishinzwe kwita ku bidukikije REMA,Minisiteri y’umutungo kamere n’abandi bafatanyabikorwa,bakoze ibishoboka byose mu kukibungabunga. Ibi bikorwa na n’ubu biracyakomeje,kugirango ikiyaga cya Karago gisubirane ubwiza bw’amazi cyahoranye mu myaka yashize ndetse n’ubunini cyahoranye.

Ibyo bikorwa bikaba bikorwa mu rwego rwo kubungabunga ibidukikije n’umutungo kamere. Abaturage bakaba basabwa kubungabunga iki kiyaga,amafi aherutse guterwamo n’ibidukikije muri rusange,kuko uretse bo ubwabo bacyegereye gifitiye akamaro,ibidukikije binafatiye runini Abanyarwanda n’isi muri rusange. Kubifata neza ikaba ari imwe mu ntambwe yo kurwanya imihindagurikire y’ibihe iteza ingaruka zitandukanye hirya no hino ku isi.

 

 

 

Share

Comments (0)

Hoteliers encourage advertising t

Tags: , , , , , , ,

Rwanda | Rubavu: Hoteliers encourage advertising to promote tourism

Posted on 02 November 2012 by peter

Hoteliers encourage advertising t

The mountain of Rubavu prepared for tourism

In a meeting that took place on 26/10/2012, the Rwanda association or hotels, bars, restaurants and lodges in the district of Rubavu advised the people to always show things that they do to develop tourism.

The district of Rubavu is one district with many hotels and lodges but these hotels and lodges are not known because the owners do nothing to advertise them. This becomes a problem to tourists since they will not know where they are going yet there are people to receive them.

Apart from the big hotels, with well-known names, other hotels that do not advertise themselves get few people, and this is because they do less in promoting themselves.

The president of the association of the owners of hotels, bars, restaurants, and lodges, Denis Karera said that “working together as an association is very good and since one person with many people can be able to refer others to someone else because of the good working conditions”.

Karera added on saying that “advertising their work is good since it helps them get known by people yet this is done by few of them. He added on saying that “this together with good service delivery will help them get their customers that visited back. Good service delivery is one thing that is being emphasized by this association in this district”.

  The district of Rubavu has a lot of tourist attraction apart from Lake Kivu, and the Congo border, since people with hotels, bars, restaurants, and lodges have other different things they do that promote tourism as said by Beniot Munyakindi an employee of RDB in Rubavu district were they have the mountain of Rubavu that is being prepared for tourism activities and also the one of Nengo that has the history of the world war 2.

 

 

Share

Comments (0)

Best Western Eco Hotel in the

Tags: , , , , , ,

Rwanda | KARONGI: Best Western Eco Hotel in the heart of Karongi town

Posted on 02 November 2012 by peter

Best Western Eco Hotel in the

Best Western Eco Hotel opened its doors two months ago. It is located in the middle of the town of former Kibuye now Karongi. Investors in Karongi prefer to locate their hotel business on the lakeshores of Kivu but Best Western Eco Hotel owner chose to make a difference and put it in the heart of Karongi town.

Apart from restaurants and food stores, Best Western Eco Hotel is the only hotel located in the central town.

The investor who the idea is Nahayo Vincent, the owner and Director General of Nyungwe Chimps Travel Agency (NCTA), also Legal Representative of Rwanda Environmental Awareness Project (REAP).

In an interview with www.sightsofrwanda.com, Mister Nahayo explained why he prefers his hotel in the middle of the town: “Not all people are equal financially speaking, of course it’s good to sleep by the lakeside but I don’t think everyone needs it! I preferred to run my business in the central town to facilitate access to my customers. Before you start a business you need to first of all study your market. I’ll give you an example, you’ve just arrived from Kigali and you need a place where to rest without making extra travel. You know all hotels here are located by the lakeshores. Imagine you arrive in Karongi at night and you’ve not provided for extra transport fares. What will happen then? I guess you’ll definitely need to go to the nearest hotel. That is how the idea crossed my mind and I started my hotel business here in Kibuye town.”

Concerning the name of the hotel, the owner says he chose ‘Best Western Eco Hotel’ based on two main points: the word Western to indicate the location because his business is in Karongi district, which is part of the Western Province. The hotel is also part of a large business he runs in the Province including a campsite in western Rusizi district. The campsite is currently under development at a peninsula in Lake Kivu. Besides, Nahayo Vincent says he’s also finalizing the construction of another hotel in the same district. The businessman tells more about his campsite business:

“Most Rwandans slept in tents in exile as a result of the 1994 genocide and war, so they have a relatively harsh memory about tents, but let’s talk about those who didn’t have that experience. How many years have you slept indoors? In fact try a tent it once and you’ll see the result. We call them tents but those used for camping are actually designed for that particular purpose. They’re fully fledged with sleeping bags and ventilations to let you breathe fresh air from camping site.”

 

Best Western Eco Hotel in the town of Karongi (former Kibuye)

 

Nahayo’s campsite project will be extended to Karongi district, where he has already purchased a land at Mpembe. The second part of his Hotel name is Eco. He says this is in line with his passion to promote environment.

“You see, the hotel is in a busy town next to the bus station. You can imagine the smokes from the exhaustion pipes polluting the air. So I’ve envisaged to plant trees that will help provide fresh air around the hotel. Moreover, the rooms are painted with environmentally-friendly paints.”

The shape of the building follows Rwanda’s geographical situation and the location of its parks. Nahayo says this is an add-value component as he points out:

“The building comprises three parts. One facing the South, the second one facing the North and the third one looking East. We have Nyungwe Park in the south, the Volcanoes National Park in the north and the Akagera National Park in the East. Furthermore, the 10 hotel rooms in the southern part of the building bear 10 names of 10 species of primates found in Nyungwe Park.”

On top of Hotel and campsites businesses, Nahayo have plans to start package tour business:

“Package tour or package holiday is not common in Rwanda but people do it without knowing. It consists of transport and accommodation advertised and sold together by a vendor known as a tour operator. Other services may be provided like a rental car, activities or outings during the holiday. Package holidays are organized by a tour operator and sold to a consumer by a travel agent. Some travel agents are employees of tour operators, others are independent.”

Nahayo has extended his business to further innovations where he employs local motorcyclists who attract customers to his hotel (Best Western Eco Hotel) in Karongi. Each motorcyclist who brings one customer earns a 500Rwf airtime, and if they bring up to 10 people per day they get a 5,000Rwf incentive. It’s a very effective way since there are no other means of public transport around the town but taxi motorcycles.

The tariffs at Best Western Eco Hotel are reasonable compared to services which include bedrooms with television and wireless internet for free.

 

Share

Comments (0)

Tags: , , , , , ,

Rwanda | KARONGI: Best Western Eco Hotel, mu mujyi wa Karongi rwagati

Posted on 24 October 2012 by peter

Rwanda | KARONGI Best Western Eco HotelBest Western Eco Hote, ni hotel imaze amezi abili ifunguye imiryango rwagati mu mugi wa Karongi. Ubusanzwe bimenyerewe ko abashoramari bubaka ama hotel ku nkengero z’ikiyaga cya Kivu, ariko nyiri Best Western Eco Hotel we ngo yasanze no mu mugi hakenewe hotel cyane cyane ko ari nayo ya mbere yafunguye imiryango mu mugi rwagati.

Umushoramari wagize icyo gitekerezo ni uwitwa Nahayo Vincent, usanzwe afite kampani itwara ba mukerarugendo yitwa Nyungwe Chimps Travel Agency (NCTA), akaba ari nawe uhagarariye Rwanda Environmental Awareness Project (REAP) umushinga ukangurira abantu kurengera ibidukikije.

Nahayo Vincent yaganiriye na www.sightsofrwanda.com ayitangariza impamvu yahisemo gushyira hotek ye mu mugi rwagati mu gihe usanga abandi bazishyira ku nkengero z’ikiyaga:

“Mu Kinyarwanda bavuga ko ntabareshya, ni byiza kuba waryama hafi y’amazi; ariko sinibaza ko abantu bose babikeneye! Ubukeneye zirahari ariko jye nahisemo kwegereza abantu serivisi. Iyo ugiye gukora business urabanza ukareba aho ugiye kuyikorera n’abo ugiye kuyikorera. Reka nguhe nk’urugero. Ushobora kuza uvuye i Kigali unaniwe ushaka guhita ubona aho kuryama utabanje kongera gutega. Urabizi amahoteli yose yibereye ku kivu, hari igihe rero ushobora kugera mu mugi wa Kibuye bwije, wenda utanateganyije amafaranga yo gutega indi modoka cyangwa moto, kandi abantu bose ntago bafite imodoka. N’izo moto ni nkeya ugereranyije n’abatazifite, ese umunsi moto yabuze ntuzaryama? Ni byiza rero ni byo nakunze, nahisemo nishimiye gushyira hotel yanjye Best Western Eco Hotel mu mugi wa Kibuye”

Ku birebana n’izina rya Hotel Best Western Eco Hotel Nahayo Vincent asobanura ko yayise agendeye ku bintu bibili by’ingenzi. icyambere ni ijambo West, kubera ko hotel yubatse muri Karongi iri mu Ntara y’iBurengerazuba kandi ikaba ari kimwe mu mishinga myinshi afite muri iyi Ntara harimo ibyo bita camp sites azashyira ahantu bita ‘Ku Hepfo’ mu karere ka Rusizi. Ni agasozi kinjira mu kiyaga cya Kivu aho abantu bazajya baruhukira bari mu mahema, bahumeka umwuka wo hanze. Muri Rusizi kandi arimo kuhubaka indi hotel nayo iri hafi kuzura.

 

Nahayo Vincent arakomeza asobanura iby’uwo mushinga wa camp sites, cyangwa kurara mu ihema riri hanze:

“Abanyarwanda, benshi muri twe baraye mu mahema aruko bahunze. Bafite amateka atari meza ku ihema, ariko reka turebe umunyarwanda utarigeze arara mu ihema aruko yahunze. Mu by’ukuri uzabigerageze urebe. Imyaka uraye mu nzu ni myinshi. Kandi nubwo byitwa ihema, ntago ari ihema ribonetse ryose. Ni ihema ryabigenewe rifite ibyo bita sleeping bag, ntago ugombera ikiringiti, ntago ukenera kwiyorosa. Uryama mu ihema, ugafata akayaga gaturutse hanze mu biti, kandi abize iby’imihumekere y’umuntu bavuga ko urushaho guhumeka neza iyo uri ahantu hari ibiti, ugasohora umwuka mubi kuri 85% winjiza umwiza”

 

Rwanda | Best Western Eco Hotel

Best Western Eco Hotel

 

Umushinga wa camp sites anawufite mu karere ka Karongi ahitwa impembe, aho yamaze kwishyura umuryango ugomba kwimuka agatangira kuhatunganya iyo camp site.

Ikindi Nahayo yagendeyeho yita hotel ye Best Western Eco Hotel ni ijambo Eco, kubera nyine ibyo yiyemeje byo guteza imbere no gufata neza ibidukikije. Nahayo avuga ko hotel yubatse ku buryo itangiza amazi y’imvura, yatangiye no gutera ibiti mu busitani bizajya bifasha kuzana umwuka mwiza muri hotel kubera ko yubatse mu mugi ahakunze guca imodoka nyinshi nk’uko abisobanura:

“Urabona nk’ahangaha turi hafi ya gare hari ibinyabiziga bihagenda, birekura imyotsi. Ni yo mpamvu rero dufite gahunda yo gutera ibiti byinshi bizajya bifasha kurwanya iyo myuka mibi. Ikindi kandi mu byumba twahasize amarangi atangiza imyanya y’ubuhumekero.”

Mu rwego rwo kongerera agaciro hotel ye, ibice biyigize yabihaye amazina ya parike z’u Rwanda uko ari eshatu akurikije n’imiterere y’inzu hotel irimo nk’uko abisobanura:

“Izi nzu uko ari eshatu iyo urebye usanga imwe iri  mu majyepfo indi iri mu majyaruguru indi iri mu burasirazuba. Iri mu majyepfo yitiriwe parike ya Nyungwe, iri mu majyarugru yitirirwa parike y’ibirunga, iri mu burasirazuba yitirirwa parike y’akagera. Nyuma y’ibyo ntago byarangiriye aho. Igice twitiriye Nyungwe kirimo ibyumba 10 twagiye tubiha amazina y’ubwoko 10 bw’inguge ziboneka muri parike ya Nyungwe.”

Usibye business ya hotel na camp site, Nahayo afite na gahunda yo gutangiza ibyo bita package. Ese ni business iteye ite? Nahayo arabisobanura:

“Package ni ibintu bikunze gukenerwa n’abanyamahanga, ariko n’abanyarwanda babikora batabizi. Ni kwakundi umuntu agusaba ku mutwara ukamujyana ahantu runaka, tuvuge nka hano ku Kibuye, ariko atazi neza aho agomba kurara, wowe wamutwaye umufasha gushaka aho kurara akishyura, bwacya ukamugarura. Burya rero ni package uba umukoreye ya Kigali-Kibuye-Kigali, si ngombwa ngo umuzengurutse u Rwanda rwose, ariko nabyo abishatse wabikora. Wowe icyo gihe uba ufite hotel runaka ku Kibuye cyangwa i Gisenyi, izo hotel iyo uzizaniye umukiriya zifite amafaranga runaka zikugenera nk’uko biba biri mu masezerano.”

Business ya Nahayo, si we wenyine iteza imbere. Yashyizeho n’uburyo bwo gukorana n’abamotari, aho umumotari uzanye umukiliya umwe kuri hotel agenerwa frw 500 yo gushyira muri telefone, yageza kubantu 10 bakamuha 5000frw.

Ubu buryo bukoreshwa n’abamotari baturuka mu murenge wa Rubengera baza mu mugi wa Karongi kandi usanga baramaze no kumenya kureshya abakiliya, bagenda babasobanurira ibyiza bitatse umugi wa Karongi, babageza mu mugi bagahita babajyana kuri Best Western Eco Hotel, cyane cyane nk’abakiliya bananiwe, baba bifuza guhita baruhuka batagombye kujya kuri hotel ziri kure y’umugi.

Ibiciro bya Hotel usanga bidakanganye ukurikije na serivisi itanga zirimo aho kuryama, television na internet ya wireless ikoreshwa ku buntu n’abakiriya ba hotel.

 

 

Share

Comments (1)

Advertise Here

Top Network News

Rwanda president Paul Kagame hits campaign with Jeannette Kagame, Ivan Kagame and Ange Kagame

A Voyage Through The Life Of Our Late Inyumba Aloisea , Refugee – Leader – Minister – Legend

Jeannette Kagame : Study Finds Rwanda Is “BEST PLACE” For Women Politicians

President Paul Kagame along with Jeannette , Ange and Ivan Kagame - The first family of Rwanda

Subscribe

Enter your email address:

Advertisment